Perezida watowe wa Gambiya Adama Barrow atangaza ko imfungwa za politiki zizarekurwa kandi ko igihugu ke kitazava mu rukiko mpanabyaha mpuzamahanga. Uyu munsi kuwa kabiri, umwe mu banyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi n’abandi bantu 18 barekuwe.
Perezida watowe wa Gambiya Adama Barrow atangaza ko imfungwa za politiki zizarekurwa