Uko wahagera

Abakekwaho Gerenade Batangiye Kuburanira mu Rukiko Rukuru


Urubanza rw’abantu 29 bakekwaho gutera za gerenade mu gihugu ejo kuwa mbere ni bwo batangiye kuburanishwa ku rukiko rukuru rwa Kigali. Bashimangira ko bagombye kurekurwa kuko bafashwe mu buryo bunyuranije n'amategeko.

Urubanza rw’abantu 29 bakekwaho gutera za gerenade mu gihugu ejo kuwa mbere ni bwo batangiye kuburanishwa ku rukiko rukuru rwa Kigali. Bashimangira ko bagombye kurekurwa kuko bafashwe mu buryo bunyuranije n'amategeko.

Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika Assumpta Kaboyi yakurikiranye imirimo y'urwo rubanza. Aratugezaho ibisobanuro birambuye ari i Kigali mu Rwanda.

XS
SM
MD
LG