Uko wahagera

Kenya: Arap Moi Azisobanura k'Urupfu rwa Minisitiri We - 2003-12-16


Umuryango uharanira inyungu z’abarokotse itsembabwoko mu Rwanda, Ibuka, uvuga ko bamwe mu bayoboke bawo bishwe, abandi bakabuzwa uburyo. Ibyo ngo byabaye kugira ngo batavuga ibyo babonye mu manza za gacaca.

Ibuka ivuga ko 4 muri abo bishwe nyuma y’aho bemereye kuba abagabo mu nkiko za gacaca.

Ibuka irasaba abategetsi b’Urwanda guhagarika ibyo bikorwa by’iterabwoba.

Inkiko za gacaca mu Rwanda zatangiye gukora mu mwaka ushize kugira ngo zigabanye imanza z’itsembabwoko zari zarabaye ibirarane mu nkiko za leta.



Shakira andi makuru yo mu karere hano.
Saba amakuru muri email yawe hano.

XS
SM
MD
LG