Uko wahagera

Umuryango Peace Corps America mu Rwanda


Umuryango wo muri Amerika Peace Corps wagarutse gukorera mu Rwanda. Abakorerabushake 32 barahiye, nibo bazoherezwa hirya no hino mu bigo nderabuzima no ku bitaro byo mu Rwanda, gufasha abaturage bahatuye mu bikorwa bitandukanye by’ubuzima. Bazakorera mu turere 17 tw’u Rwanda. Aho bazamara imyaka ibiri.

Kubera ko bazakorera cyane mu cyaro cyo mu Rwanda, mbere yo gutangira ibikorwa byabo babanje kwiga ururimi rw’ikinyarwanda biga n’umuco Nyarwanda.

Umuryango Peace Corps waherukaga gukorera mu Rwanda mbere y’umwaka w’1994. Uwo muryango washinzwe na Perezida w’Amerika John F. Kennedy mu mwaka w’1961.



XS
SM
MD
LG