Uko wahagera

Amahoro Arambye mu Karere


“Abayobozi n'abayoborwa, icyarimwe bakwiye gutinya imana yo yabaremye, kugira ngo amahoro arambye azabashe kugerwaho.”

Ibyo ni bimwe mu byo pasteur Safari Jean yatugejeho mu kiganiro cy'umuryango. Avuga ko, n'ubwo usanga hari ibyagezweho mu rwego rw'amahoro, bimwe mu byafasha Abanyarwanda n’Abarundi kurushaho kuyaharanira, ari ukuvugisha ukuri, kutabeshyerana, kwemera no gusaba imbabazi z'ibyaha umuntu yakoze.

Pasitoro Safari yongeyeho ko abayobozi na bo bakwiye gukomeza gutinya Imana, kandi bakamenya ko nibakora neza izabibahembera, ariko ko nibakora nabi izabahana.

XS
SM
MD
LG