Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika Barack Obama yakiranywe urugwiro mu gihugu cya Vietnam, aho ari mu ruzinduko rw’icyumweru ku mugabane wa Aziya.
Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika Barack Obama yakiranywe urugwiro mu gihugu cya Vietnam, aho ari mu ruzinduko rw’icyumweru ku mugabane wa Aziya.