Uko wahagera

Rwanda: Urubyiruko Rurasaba Amakuru yo Kuringaniza Imbyaro


Urubyiruko ruri hagati y'imyaka 15 na 24 rurasaba ko Leta yarubonera ibigo byihariye rwakwifashisha ruhabwa amakuru agendanye no kuringaniza imbyaro. Urwo rubyiruko ruvuga ko kugana ibigo nderabuzima bibatera isoni, bagatinya ko bahahurira n'ababyeyi babo cyangwa abo mu mumiryango yabo.

Abo nasanze ku kigo cy;urubyiruko kiri ikabuga mu mugi wa kigali, babwiye ijwi ry'Amerika ko kugeza ubu nabo bakoresha imiti igamije gutuma batabyara imburagihe. Abaganga bo bakemeza ko urubyiruko rwo muri iki gihe rwahinduye imyitwarire, ari nayo mpamvu abaganga basaba ababyeyi gutinyuka bakabwira abana ibyubuzima bw'imyororokere.

Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika mu rwanda Assumpta Kaboyi ni we wakurikiranye iyi nkuru.

please wait

No media source currently available

0:00 0:05:04 0:00

XS
SM
MD
LG