Uko wahagera

Inkwi Zimaze Kuba Ingume mu Rwanda.


Forest
Forest

Leta y’u Rwanda ihangayikishijwe n’ikibazo cy’ibicanwa bidahagije ahanini biterwa n’ubuke bw’amashyamba.

Ibi bitangajwe mu gihe kuri uyu wa mbere taliki 21 ukwezi kwa 3 umwaka wa 2016, u Rwanda rwifatanyaga n’isi yose kwizihiza umunsi ngarukamwaka wahariwe kurengera amashyamba.

Abakurikiranira hafi amashyamba y’u Rwanda, bavuga ko ahari adahagije kugeza ubu, kuko buri munsi abanyarwanda batema ibiti byinshi ugereranyije nibyo batera. Umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Assumpta Kaboyi uri i Kigali mu Rwanda afite inkuru irambuye.

please wait

No media source currently available

0:00 0:03:55 0:00

XS
SM
MD
LG