Uko wahagera

ABAMINISTRI B’UMURYANGO W’Afurika y’uburasirazuba


Mu Rwanda, ubwo itsinda ry'abaministri b'umuryango wa Afurika y'i Burasirzuba basuraga impunzi z'abarundi mu nkambi ya Mahama bareba ubuzima babayemo, izo mpunzi zifuje ko hakorwa ubuvugizi hakagira ibindi bihugu bizakira. Zirashingira ku bibazo bikomeye bizibangamiye birimo ibo kutabona ibyo zirya,ikibazo cya,amazi n'ibindi.

please wait

No media source currently available

0:00 0:04:45 0:00


Abo baministri bazizeje ko ibyo babonye bazabishyikiriza abakuru b'ibihugu bigize uwo muryango mu nama izabahuza mu minsi iri imbere. Umunyamakuru w’Ijwiry’Amerika Eric Bagiruwubusa na we yasuye izo mpunzi.

XS
SM
MD
LG